Radio Ubumwe : Kagame yemeje amahanga ko u Rwanda ari gereza, nta gitutu cyatuma afungura imipaka
У вашего броузера проблема в совместимости с HTML5
Paul Kagame aherutse kwakira abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda kuwa gatatu, taliki ya 29/01/2020. Mu ijambo rye hari aho yavuze ko NTA GITUGU NA KIMWE CYATUMA AFUNGURA UMUPAKA WA UGANDA. Aratinya ko Abanyarwanda bagera mu mahanga bakamugarukana. Ariko nanone birumvikana ko kuba atinya icyo gitugu ni uko kimuriho. Mu Rwanda, Paul Kagame ntagira abajyanama ; nta ntumwa za Rubanda zibaho (Inteko ishinga amategeko na Sénat). Habaho abambari bategereza ko ukwezi gupfa bakajya kujegeza Konti zabo muri Banki ngo bumve ko inoti zinjiyemo.